Iwacu iyo
-
Ingurube yariye umwana w’imyaka itatu, ahita apfa
Ibi byabereye mu kurenge wa Kanjongo mu kagali ka Kibogora mu karere ka Nyamasheke, aho ingurube yariye umwana imusanze munzu…
Read More » -
Rubavu: Abagore bari mu rugaga rushamikiye kuri RPF inkotanyi basabwe kwirinda ubusinzi
Mu nteko rusange y’abagore bagize urugaga rushamikiye ku muryango FPR Inkotanyi yateraniye ku cyicaro cy’uyu muryango mu karere ka Rubavu…
Read More » -
Kamonyi: Ubuyobozi bwiyemeje kwegera abaturage ngo bubakemurire ibibazo bafite
Mu karere ka Kamonyi hatangijwe igikorwa cyo kwegereza service abaturage maze bagakemurirwa ibibazo bitandukanye batarinze gusiragira no gutonda imirongo, ubuyobozi…
Read More » -
Perezida Kagame ategerejwe muri Uganda mu isabukuru y’amavuko ya Lt. Gen. Muhoozi
Inkuru ikomeje gucicikana mu bitangazamakuru byo muri Uganda ni iy’uruzinduko rwa mbere rwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame…
Read More » -
Mu karere Ka kamonyi Hatangijwe Gahunda y’“Ubudaheranwa”, ije gufasha abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
Wayita Gahunda cyangwa Umunsi w’“Ubudaheranwa”. Ni Gahunda yatangijwe bwa mbere kuri uyu wa 05 Mata 2022 mu Karere ka Kamonyi,…
Read More » -
Kamonyi-Nyamiyaga:Umuzamu yishwe atemwe anatwerwa ibyuma
Ntakirutimana Jean Bosco w’imyaka 27 y’amavuko wari umurinzi w’umutekano(umuzamu) mu isantere y’Ubucuruzi ya Kabadaha, Akagari ka Bibungo, Umurenge wa Nyamiyaga…
Read More » -
Mu Rwanda hagaragaye ubwoko bushya bwa Covid-19 bwitwa Beta nyuma ya Delta
Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko mu Rwanda hakomeje kugaragaza ubwoko bushya bwa COVID-19 yihinduranyije kuko nyuma ya Delta hanagaraye iyabonywe bwa…
Read More » -
Nyanza:Abantu 19 bafashwe banywera inzoga mu ishyamba bimuriyemo Akabari
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyanza yafashe abantu 41 barenze ku mabwiriza yo kurwanya ikwirakwira rya COVID-19, barimo…
Read More » -
Abasirikare b’u Rwanda 1000 bagiye guhangana n’ibyihebe muri Mozambique
Ingabo z’u Rwanda n’abapolisi 1 000 bagiye muri Mozambique guhangana n’ibikorwa by’iterabwoba by’umutwe uvuga ko ugendera ku mahame akarishye ya…
Read More » -
Karasira Aimable yabwiye urukiko ko amaranye uburwayi bwo mu mutwe imyaka 18
Aimable Karasira ukurikiranyweho ibyaha birimo guteza imvururu muri rubanda, ubwo yagezwaga imbere y’Urukiko bwa mbere yavuze ko atiteguye kuburana kuko…
Read More »