Mumahanga
-
USA: Abanyeshuri bari mumyigaragambyo, bamagana ibikorwa bya Israel
Abanyeshuri bari mu myigaragambyo muri Kaminuza zitandukanye muri leta zunze ubumwe za Amerika, bavuga ko badateze kuyihagarika mugihe ibyo basaba…
Read More » -
Zimbabwe igiye gukuraho igihano cy’urupfu
Igihugu cya Zimbabwe kigiye gutera intambwe ikomeye mu bigendanye n’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu, kuko kigiye gukuraho igihano cy’urupfu cyari kikiri…
Read More » -
Darfur: Abana n’imiryango yo munkambi ya Zamzam baratabarizwa
Abana n’imiryango ibarizwa mu nkambi ya Zamzam muri mu karere k’amajyaruguru ya Darfur, baratabarizwa kubera inzara yatangiye guhitana ubuzima bwa…
Read More » -
Perezida wa Namibia yitabye Imana
Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru nibwo humvikanye inkuru y’akababaro y’urupfu rwa Perezida wa Namibia Hage Geingob. Ni nyuma y’igihe…
Read More » -
Perezida Ruto yakuriye inzira kumurima DR Congo ko atafunga uwasohoye itangazo
Perezida William Ruto wa Kenya yatangaje ko adashobora guta muri yombi itsinda ry’abanyecongo nyuma y’uko mu mpera z’icyumweru gishize bari…
Read More » -
Perezida William Ruto yavuze ko yaboneye akazi Abanyakenya 2,500 mumahanga
Perezida wa Kenya William Ruto, yatangaje ko nyuma uo kumara iminsi akora ingendo mu bice bitandukanye by’isi, ashakishiriza abaturage be…
Read More » -
Malaysia: Umukobwa wo muri Kenya yishwe na Cocaine yari atwaye munda
Umwe mu bakobwa banyeganyezaga imbuga nkoranyambaga zo muri Kenya yapfuye azize gutwara ikiyobyabwenge cya Cocaine mu nda. Amakuru avuga ko…
Read More » -
Iran: Abanyeshuri bakomeje kugabwaho ibitero by’ubumara
Mu bice bitandukanye birimo n’umurwa mukuru wa Teherani mu gihugu cya Iran abanyeshuri by’umwihariko ab’igitsina gore, bakomeje kugabwaho ibitero hakoreshejwe…
Read More » -
Igisirikare cya Kenya (KDF) kikanze M23 nuko nayo iryumaho
Igisirikare cya Kenya (KDF) cyatangaje ko abasirikare bacyo bari mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bagabweho igitero n’abo…
Read More » -
Donald Trump ashobora gukatirwa gufungwa imyaka 136
Kuwa 4 mata 2023 nibwo uwahoze ari Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika Donald trump yagejejwe Imbere y’urukiko ku…
Read More »