Amakuru

Amafoto: Nyuma yo gushyira hanze amafoto ye atwite, Cyuzuzo wo kuri Kiss Fm yavugishije abantu kubera impamvu itangaje

Cyuzuzo Jeanne D’arc usanzwe ari Umunyamakuru kuri kiss Fm yagaragaye akuriwe, mu mafoto yashyize ku mbugankoranyambaga, maze benshi batangira kwitega ko azabyara Impanga.

Abinyujije kuri Instagram ye, Cyuzuzo wari wambaye ikanzu nziza itukura, yeretse abakunzi be amafoto amugaragaza atwite.

Mu bitekerezo byinshi ku babonye aya mafoto, benshi bibanze kukuba bamwifuriza amahirwe gusa nanone ubona ko batunguwe n’ukuntu cyuzuzo bazi afite inda ingana itya ndetse bemeza ko azabyara Impanga.

Cyuzuzo Jean D’arc yakoze ubukwe n’umugabo witwa Thierry, asanzwe ari umwe mu banyamakuru bakunzwe cyane, binyuze mu kiganiro yakunze gukora cyitwaga ” Love connection ” kuri Kiss Fm byaje gutuma yigarurira abantu benshi biganjemo urubyiruko.

Andi Bumuntu niwe waririmbye mu bukwe bwabo


Related Articles

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button