Amakuru

AMAKURU MASHYA: Perezida Kagame yihanganishije abagizweho ingaruka n’ibiza

 

Perezida w’igihugu Paul Kagame yihanganishije imiryango yabuze ababo n’abakomerekeye mu bizaba byatewe n’imvura yaraye iguye mu bice by’iburengerazuba, amajyaruguru ndetse n’amajyepfo.

Amakuru agezweho aravuga ko ubu abasaga 127 aribo bamaze kwitaba Imana ndetse Imibare iracyakusanywa,  ndetse Kandi ibikorwa byo kwimura abo inzu zasenyukiyeho ndetse nabo bigaragara ko nabo badatekanye( bashobora kugirwaho ingaruka n’imvura igihe yakongera kugwa ari nyinshi).

impungenge ni zose Ku baturage batuye mu bice bikunda kwibasirwa n’imvura nyinshi bitewe nuko ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere cyatangaje ko muri uku kwezi kwa gicurasi aribwo imvura igiye kwiyongera.

Itangazo rya Perezida wa repubulika rihanganisha abagizweho ingaruka n’ibiza

Related Articles

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button