AmakuruImyidagaduro

AMASHUSHO: Mu byishimo byinshi Ketchapu yerekanye abana be batatu

 

Mukayizire Djalia uzwi Ku izina rya kecapu by’umwihariko muri Cinema nyarwanda yerekanye abana be batatu aherutse kwibaruka.

Kecapu yobarutse Impanga z’abana batatu muri 2023, mukwa Kane tariki ya 14 Aho yabyaye abahungu babiri n’umukobwa umwe.

Abinyujije kuri Instagram ye, Mukayizire Djalia ( kecapu) yasohoye amashusho ateruye abana be batatu ubona yishimye Kandi n’aba baba bameze neza.

Kecapu yakoze ubukwe muri nyakanga 2022 n’umugabo we Jean Luc bari bamaranye Imyaka isaga icumi bari mu munyenga w’urukundo.

Kecapu yamamaye cyane muri filime y’uruhererekane ya Bamenya ikunzwe na benshi hano mu Rwanda no hanze yarwo.

Related Articles

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button