AmakuruImyidagaduro

Bijoux wo muri Bamenya yasubije abavuga ko afata imiti yongera ikibuno

Munezero Aline wamamaye ku izina rya Bijoux muri Filime ya Bamenya yagarutse ku bantu batandukanye ngo bamuhundagajehoibitutsi bavuga ko afata imiti yongera ikibuno.

Ahakana iby’iyi miti ndetse ko atarota no kuyikoresha kuko uko ateye bimuhagije kandi ko bimunyura.

Bijoux avuga ko benshi mu bamukurikira ku mbuga nkoranyambaga bakunda kumwibasira kubera imiterere ye, bamwe bakavuga ko yitera imiti ituma azana ikibuno kinini kireshya abagabo nyamara we atazi n’iyo miti akaba atarayica n’iryera.

Ati “Hari abantuka ariko njye sinkoresha iyo miti kugira ngo nongere ikibuno, nkora imyitozo nkaniyitaho uko bikwiye.”

Yongeyeho ko umuntu ahinduka bityo nawe akaba yarahindutse ugereranyije no mu gihe cyatambutse.






Related Articles

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button