Amakuru

Bluce Melody n’inseko mu maso, yari ari mu byamamare byari bishyigikiye APR FC

Umuhanzi Itahiwacu Bluce wamamaye nka Bluce Melody, yari umwe mu ba star bitabiriye umukino w’umunsi wa nyuma wa shampiyona, ubwo APR FC yatsindaga Gorilla FC, igahita yegukana ibikombe cya Shampiyona.

Umuhanzi Bluce Melody utamenyerewe cyane nu mikino by’umwihariko football, yagaragaweho akanyamuneza mu maso ubwo yari ari muri stade areba umukino.

Abenshi bakomeje kugaruka kukuza kw’icyamamare muri stade nyamaze atariko byari bisanzwe, bakomeje kuvuga ko yaba yari yaje gushyigikira ikipe y’ingabo z’igihugu( APR FC). Byahise bitangiye kuvugwa ko Bluce Melody ari umufana ukomeye wa APR FC, dore ko yari yaje anambaye umwenda w’umweru n’umukara ndetse yishimye cyane.

Bluce Melody ubarizwa muri 1:55 am ya coach Gael, azwi mu ndirimbo zitandukanye zirimo Akinyuma, Catherine,….. Zanzibar aherutse gukorana na Harmonize, zatumye akundwa n’abakunzi b’umuziki hirya no hino Ku Isi.

Related Articles

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button