Amakuru
-
USA: Abanyeshuri bari mumyigaragambyo, bamagana ibikorwa bya Israel
Abanyeshuri bari mu myigaragambyo muri Kaminuza zitandukanye muri leta zunze ubumwe za Amerika, bavuga ko badateze kuyihagarika mugihe ibyo basaba…
Read More » -
Ishyaka PL ryibutse abari abayobozi n’abayoboke baryo bazize Jenoside yakorewe abatutsi
Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu PL, ryibutse kunshuro ya 30 abari abayoboke n’abayobozi baryo bazize Jenoside yakorewe abatutsi…
Read More » -
Umugabo yiraye mumurima w’uwarokotse Jenoside yakorewe abatutsi arandura imyaka
Mu gihe abanyarwanda bari mu gihe cy’icyunamo no kwibuka kunshuro ya 30 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, mu karere ka…
Read More » -
Ishyaka Green Party rivuga ko ridatewe ubwoba n’andi mashyaka bahanganye kuko ryizeye intsinzi
Ubuyobozi bw’ishyaka rihanira demokarasi no kurengera ibidukikije Green Party, buvuga ko mu gihe bamaze bazenguruka mu gihugu bashaka abazarihagararira mu…
Read More » -
Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango isanga hakenewe kongerera ubushobozi abagore mu ikoranabuhanga.
Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango MIGEPROF igaragaza ko hakenewe ubufatanye mu kuvanaho ibyuho bigituma hagaragara ubusumbane hagati y’abagabo n’abagore mu gukoresha…
Read More » -
HACORWA yasabye abagore kugira uruhare mu kurwanya ihohoterwa rigorerwa mumuryango
Ni amahugurwa yateguwe n’umuryango Ibiganza by’impuhwe cyangwa se Hands of Compassion Rwanda(HACORWA), ahuza abagore bari mu nzego zitandukanye mu murenge…
Read More » -
Uburasirazuba: Abayobozi basabwe ubufatanye mu kurwanya inda ziterwa abangavu
Kubura ubushobozi bw’amafaranga, imirire mibi, agahinda gakabije baterwa n’ubuzima barimo, ni bimwe mu byagaragajwe n’intara y’iburasirazuba nka bimwe mu bikibangamiye…
Read More » -
Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango yiyemeje gukorana n’izindi nzego mukuziba icyuho muburinganire
Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango MIGEPROF igaragaza ko uburinganire atari ubw’abagore nkuko benshi babitekereza, ahubwo ko bireba buriwese kandi binyuze mubufatanye…
Read More » -
Indirimbo Fou de toi na Bana, zashyizwe kumanota y’umuziki na Choeur International
Cchoeur international ya kabiri muri Afurika mu ma kolari aririmba umuziki wanditse, yashyize ku manota y’umuziki indirimbo”BANA YA CHRIS_EASY NA…
Read More » -
Abagore bari munzego z’ubuyobozi mu mujyi wa Kigali bishimira ko bahawe amahirwe bityo ko bagomba kuyakoresha neza
Abagore bari nzego z’ubuyobozi mu mujyi wa Kigali n’abahagariye amakoperative, bagaragaza hakiri urugamba mu bijyanye no gutinyura abakiri bato kujya…
Read More »