Uburinganire
-
Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango isanga hakenewe kongerera ubushobozi abagore mu ikoranabuhanga.
Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango MIGEPROF igaragaza ko hakenewe ubufatanye mu kuvanaho ibyuho bigituma hagaragara ubusumbane hagati y’abagabo n’abagore mu gukoresha…
Read More » -
Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango yiyemeje gukorana n’izindi nzego mukuziba icyuho muburinganire
Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango MIGEPROF igaragaza ko uburinganire atari ubw’abagore nkuko benshi babitekereza, ahubwo ko bireba buriwese kandi binyuze mubufatanye…
Read More » -
Abagore bari mu buyobozi basabwe guherekeza abakiri bato bifuza kujya mu myanya ifata ibyemezo
Bamwe mu bagore bari mu myanya y’ubuyobozi barasaba urubyiruko kudapfusha ubusa amahirwe babona kuko ngo ntawe uzashyirwa munshingano kuko ari…
Read More » -
Kwimakaza ibiganiro mu rugo: Ipfundo ry’umunyenga w’urukundo rwa Colette na Emmanuel rumaze imyaka 42
Kwimakaza ibiganiro mu rugo ni byo byatumye Musabyimana Colette na Bizimana Emmanuel, bamaze imyaka 42 babana nk’umugore n’umugabo, kandi mu…
Read More » -
Umugore ni inkingi ya mwamba mu iterambere”Minisitiri Dr Valentine Uwamariya”
Tariki 15 Ukwakira buri mwaka hizihizwa umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore wo mu cyaro. Mu Rwanda kuri iyi nshuro uyu munsi…
Read More » -
Amajyepfo: Hasojwe amahugurwa yitezweho kugira uruhare mukubaka umuryango utekanye
Kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Gicurasi 2023, mu karere ka Huye mu ntara y’amajyepfo hasorejwe amahugurwa y’abazahugura komite z’Umugoroba…
Read More » -
Burera: Minisitiri Bayisenge yanyuzwe n’urwego abangavu babyaye bakiri bato bagezeho biteza imbere
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), Prof. Bayisenge Jeannette yishimiye intambwe bamwe mu bangavu bo mu karere ka Burera, basambanyijwe bagaterwa…
Read More » -
MIGEPROF yahagurukiye guhangana n’ibikibangamiye umuryango, ibihereye mu mashuri
Uko bukeye n’uko bwije, mu bitangazamakuru bitandukanye hari kugaragaramo ndetse hakumvikanamo inkuru, zaba iz’abishwe, abahohotewe ndetse n’izindi, rimwe na rimwe…
Read More » -
“Ubu twamenye gukora ubucuruzi dukoresheje ikoranabuhanga”_Abagore b’I Nyagatare
Ku nshuro ya 48 u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore, nyuma y’imyaka 51 wemejwe n’umuryango w’abibumbye LONI.…
Read More » -
Umugore utekanye niwo muryango utekanye, kandi umuryango utekanye niryo terambere ry’igihugu
Kuba hari abatarahindura imyumvire kuburyo bafata umugore, by’umwihariko kubijyanye n’iterambere rye n’iry’umuryango muri rusange, biracyari mu bidindiza iterambere ry’umugore. Usibye…
Read More »