Ubutabera
-
Uburasirazuba: Abayobozi basabwe ubufatanye mu kurwanya inda ziterwa abangavu
Kubura ubushobozi bw’amafaranga, imirire mibi, agahinda gakabije baterwa n’ubuzima barimo, ni bimwe mu byagaragajwe n’intara y’iburasirazuba nka bimwe mu bikibangamiye…
Read More » -
Kazungu Denis yatakambye asaba kugabanyirizwa igihano
Kazungu Denis yatakambiye urukiko arusaba kugabanyirizwa igihano kuko yari amaze gusabirwa n’ubushinjacyaha guhamywa ibyaha ndetse n’igifungo cyaburundu. Kazungu uregwa ibyaha…
Read More » -
Cyuma Hassan yasabye ko inteko imuburanisha yahinduka
Niyosenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan, afatanyije n’abamwunganira mu mategeko barasaba ko yaburanishwa n’inteko y’abacamanza batatu aho kuba umwe. Ageze…
Read More » -
Rwanda day2024: Umubyeyi yagaragarije Perezida Paul Kagame akarengane yakorewe kanaviriyemo Umwana we kubora ubwonko
Umubyeyi witwa Uwajamahoro Nadine, yagaragarije Perezida wa Repubulika akarengane yakorewe kanaviriyemo Umwana we ubumuga. Yagaragaje agahinda ke ubwo yari yitabiriye…
Read More » -
Prince Kid yakatiwe imyaka itanu, Titi Brown asabwa kwishyura miliyoni 20 z’indishyi
Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid yakatiwe gufungwa imyaka itanu n’ihazabu ya miliyoni ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda. Uyu mugabo umaze…
Read More » -
Kazungu yemeye ibyaha byose aregwa n’ubushinjacyaha
Kazungu Denis ukurikiranweho ibyaha by’ubwicanyi, kuri uyu wa Kane tariki ya 21 Nzeri 2023, ni bwo Kazungu yagejejwe imbere y’urukiko.…
Read More » -
Kicukiro: RIB yataye muri yombi umugabo wicaga abagore akabataba munzu abamo
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi umugabo witwa Kazungu Denis, nyuma yo gutahurwa ko asambanya abagore nyuma agahita abica…
Read More » -
Minisitiri w’ubutabera yashimye imikorere y’ikigo cy’u Rwanda cy’ibimenyetso bya gihanga bikoreshwa mu butabera (RFI)
Ubwo hatangizwaga umwaka w’ubucamanza wa 2023/2024 kuri uyu wa mbere tariki 04 Nzeri 2023, Minisitiri w’ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya…
Read More » -
Nyarugenge: DASSO yatawe muri yombi yakira ruswa, yiyitirira ubuyobozi bw’umurenge
Mu murenge wa Mageragere umuyobozi wa Dasso wiyitiriye ushinzwe imyubakire mu murenge ashaka kurya akatagabuye, yatawe Muri yombi ninzego za…
Read More » -
Amakuru yihariye ku itabwa muri yombi rya Moses Turahirwa
Turahirwa Moïse (Moses) wahamagajwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), ngo yisobanure ku byo akekwaho by’inyandiko mpimbano, yahise atabwa muri yombi, ndetse…
Read More »