AmakuruUbuzima

Dr Sabin Nsanzimana na Dr Yvan butera bahawe inshingano muri minisiteri y’ubuzima

Kuri uyu wa Mbere tariki 28 Ugushyingo 2022, Minisitiri w’ubuzima yahinduwe aho ubusanzwe yari Dr. Daniel Ngamije asimbuzwa Dr. Sabin Nsanzimana.

Muri uko guahyira kandi abantu mu myanya uwari umunyambaganga muri minisiteri y’ubuzima Dr. Mpunga Tharcise yahinduriwe imirimo, umwanya yasimbuweho na Dr. Yvan Butera.

Nkuko biri mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa mbere, Dr. Mpunga Tharcise yagizwe umuyobozi mukuru w’ikigo cy’ubuvuzi no kwigisha kurwego rwa Kaminuza cya Kigali (CHUK).

Dr. Sabin niwe Minisitiri w’ubuzima mushya
Itangazo ryashyizwe ahagaragara rivuga ku guhindurirwa imirimo kw’abayobozi.

Related Articles

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button