AmakuruImyidagaduro

Eddy Kenzo n’umukobwa wa nyiri Azam baritegura umwana

Umukobwa w’umuherwe ukorera mu Rwanda yatewe inda n’umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Uganda uzwi nka Eddy Kenzo.

Hari amakuru ko umuhanzi Eddy Kenzo yamaze gutera inda Bellinda Myra Bhakresa, umukobwa wa nyiri Azam basigaye bakundanye muri iki gihe.

Amakuru ava mu nshuti za hafi z’uyu mukobwa Myra avuga uyu atwite inda y’amezi atanu, akaba yiteguye kubyarira Eddy Kenzo.

Ikinyamakuru CelebPatrol cyo cyemeza ko ayo makuru ari impamo 100%.

Impande zombi nta n’umwe uragira icyo avuga kuri ayo makuru. Eddy Kenzo we yari aherutse kwemera ko akundana na Myra.

Related Articles

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button