AmakuruImyidagaduro

Grand P arakekwa guca inyuma Euxodie byashyize iherezo ku rukundo rwabo

Abantu benshi bacitse ururondogoro kubera urukundo rw’aba bantu batandukanye mu ngano aho abantu bashinjaga uyu mukobwa gukurikira amafaranga y’uyu muhanzi.

Eudoxie Yao yagiye ahangana n’abantu ababwira ko urukundo akunda Grad P ari urw’ukuri ndetse atamukurikiyeho amafaranga.

Uyu mugore yatunguranye avuga ko yatandukanye na Grand P.Ati “Ndashaka kubamenyeshako umubano wanjye na Grand P warangiye.Nahisemo gukomeza,murakoze.”

Amakuru avuga ko uyu Eudoxie Yao yarakajwe no kumenya ko uyu Grand P yamuciye inyuma nubwo bose batarabyemeza.

Related Articles

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button