Imikino

Ikipe ya Manchester united niyo isigaranye abakinnyi benshi mu mikino y’igikombe cy’isi

Igikombe cy’Isi cy’uyu mwaka wa 2022 Kiri kubera muri Qatar Aho cyatangiye tariki 20 ugushyingo biteganijwe Kandi ko kizarangira tariki 18 ukuboza muri uyu mwaka.

Iki gikombe cy’isi kigitangira amakipe atandukanye y’iburayi no kuyindi migabane yatanze abakinnyi mu makipe yabo y’ibihugu Aho ikipe yari iyoboye izindi mu kugutanga abakinnyi benshi mu Kipe yigihugu yari Paris Saint Germe yo mubufaransa n’abakinnyi 18 iyakabiri yari Manchester City yo mubwongereza uyu mwanya Kandi ikawuhururaho na Fc Bayern Munich yo mubudage n’abakinnyi 17 nayo.

Iyi Kipe ya Manchester United yari iyakarindwi mu makipe yohereje abakinnyi benshi mu makipe y’ibihugu muri iki gikombe cy’isi abakinnyi 11.
Ariko ubu kugeza Aho abadage ,Espanye,n’amakipe ya Africa atandukanye asezerewe ubu ikipe ya Man United niyo isigaranye abakinnyi benshi muri iri rushanwa

#FIFAWorldCup

Manchester United niyo kipe isigaranye abakinnyi benshi mu gikombe cy’Isi 2022

Abakinnyi Manchester United isigaranye n’ibuhu byabo

🇳🇱Malacia
🇦🇷Lisandro Martinez: Argentina
🇧🇷Casemiro,Fred & Antony: Brazil
🇫🇷Raphaël Varane: France
🏴󠁧󠁢󠁥󠁮󠁧󠁿Maguire,Luke Shaw & Rashford : England
🇵🇹Dalot & Bruno Fernandes: Portugal

Mu Gikombe cy’isi uko abakinnyi bikipe runaka bakinnye imikino myinshi Niko iyo ekipe iba iri kujya mu nyungu Kuko ihabwa ibihumbi cumi numunani 18 bya madorari kuri buri mukino.
Ibyo bihite byumvikanisha ko Manchester United Ariyo ekipe izahabwa akayabo muri iki gikombe cy’isi cy’uyu mwaka Nta shiti

Kimwe cyakane biteganijwe ko kizakinwa kumunsi wejo kuwa Gatanu tariki 09 ukuboza Aho hazakinwa imikino ibiri

17H00 Croatia vs Brazil
21H00 Netherlands vs Argentina

Naho kuwa gatandatu naho hagakinwa Indi ibiri

17H00 Marocco vs Portugal
21H00 England vs France

Related Articles

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button