AmakuruIbigezwehoUbuvugizi

Kamonyi: habereye impanuka ikomeye hakomerekeramo benshi (Amafoto)

Iyi mpanuka birakekwa ko yatewe n’imodoka y’ikamyo y’imwe muri sosiyete z’Abashinwa ikora imihanda yagonze izindi.

Umwe mu bari aho impanuka yabereye yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko iyo kamyo isanzwe yifashishwa mu gutwara umucanga yagonze izindi modoka bigatuma zigongana biteza impanuka.

Ati “Ikamyo yacitse feri igonga izindi modoka umunani zirimo zirimo coaster eshatu na Range Rover. Nabonye abantu 14 bakomeretse, muri bo batandatu barimo abagore babiri bakomeretse

Amafoto y’iyi mpanuka agaragaza ko bagenzi bari muri izi modoka bakomeretse bikomeye

Kugeza ubu ntiharamenyekana umubare nyawo w’abantu bakomeretse cyangwa niba hari abayiguyemo.

 

Related Articles

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button