ImyidagaduroImyidagaduro

Kecapu n’umugabo we bibarutse Impanga z’abana batatu

Mukayizire Jalia Nelly wamamaye nka Kecapu muri filime nyarwanda yibarutse abana batatu b'impanga.

Umukinnyi wa filime nyarwanda Kecapu n’umugabo we bibarutse Impanga z’abana batatu,
Ni nyuma y’uko mu mwaka wa 2022 yiyemeje kubana akaramata n’umugabo we Jean Luc. Aba bombi bibarutse abana batatu b’impanga barimo abahungu babiri n’umukobwa umwe.

Urukundo rwa Kecapu na Jean Luc rukaba rutaramenyekanye cyane, ariko rwari rumaze igihe kitari gito, Nyuma y’igihe babanye bakunze kugaragara bishimanye cyane, ndetse bagiye bakunda kugaragaza amafoto yabo basohotse by’umwihariko ubwo uyu Kecapu yaratwite.

Uyu mugore wakunze kugaragariza urukundo umugabo we nyuma yaho babaniye yishimiye bikomeye Imfura ze.

Related Articles

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button