Utuntu nutundi

Menya ibintu 10 abakobwa baba bifuza gukorerwa mu rukundo ariko ntibabivuge

Urukundo ni urw’abantu babiri ni ukuvuga umusore n’umukobwa rukaryoha cyane iyo mukundana mutabeshyanya.

Abakobwa iyo bakunze bagira urukundo rwinshi, kuburyo baba bumva barasariye abo bakunda , ariko nanone barangwa no kugira ibanga uko baba barakunze kose bivuzeko hari ibyo bashobora kwifuza Ku bakunzi babo ariko babona batibwirije kubikora bagashirira mo imbere bakicecekera.

Mugabo wubatse nawe musore uteganya kubaka ni iki wakora ngo umukunzi wawe akomeze kukwihebera?

1.Umukobwa cyangwa umugore mukundana yakwishimira ko umutunguza impano iyo ariyo yose ariko bikagaragara ko wayiteguye wabitekerejeho biramunezeza cyane.

2.Umukobwa mukundana burya ugiye guhura nawe ukamuzanira icyo kurya uzi neza ko akunda biramunezeza kurusha ikindi gikorwa cyose wakora cyangwa andi magambo yose uramubwira muri uwo mwanya.

3.ntukwiye kumara igihe kinini udahobera umukunzi wawe w’umukobwa byibura iminota itanu Kuko bimufasha kuruhuka akanakwiyumvamo cyane Kuko aba yumva muri Wowe ariho aruhukira.

4.kirazira guhura n’umukunzi wawe bidatunguranye mugatandukana utamusomye nubwo bwose Yaba atabigusabye bimwereka uko umwiyumvamo nawe akarushaho Ku kwimariramo

5.gerageza mubyo ukora byose ujye ufata akanya usohokane uwo mukunzi wawe , singombwa ko umujyana ahantu hahenze Aho wamujyana hose wahateguye biramunezeza cyane Kandi nabyo nibimwe mubyo atagusaba ngo ukore.

Gerageza gusohokana umukunzi wawe nubwo haba Aho hantu hadahenze.

6.ukwiye kwibwiriza ukajya umubwira burigihe ko ariwe mukobwa mwiza waba warigeze ubona hamwe Nandi magambo meza aryoshye atuma agubwaneza harimo ikibasumba,ukarabo,ubwugamo Nandi menshi y’urukundo

7.gukunda umuryango we ubwo nukuvuga abamubyara abo bavukana ningenzi cyane yewe byaba byiza nabo ukajya ubagenera impano uko wabishoboye ariko ukanamugaragariza ko ubakunda nabyo birimushaho kumwereka ko umukundana nabe Bose bigatuma nawe akwimariramo

8.Igihe muri ahantu hiherereye bibaye byiza burya wamukora kubice bye byibanga gacye gacye umaginiza amagambo y’urukundo nabyo nibimwe mubintu aba yifuza atakubwira yewe Hari nubwo wajya kubikora ukabona atabishaka akabanza kwangira ariko aba abishaka Kuko birangira yemeye ibyo nabyo bituma arushaho kukwiyimvamo.

9.ukwiye kumwibutsa Kandi ko uriwe uzabana nawe ntawundi wa musimbura ukamubwira ko ufite amatsiko yabana azakubyarira ibi bimwongerera ikizere cyuko utazamuhemukira akarusho nawe kukumva nk’umugabo we nubwo bwose muba mutarabana.

10.Umukunzi wawe W’umukobwa yifuza ko wahora usa neza ufite isuku wambara neza nubwo bwose atabikubwira ariko iyo usa neza nawe aba Afite ishema ryawe kurushaho

Ubwo rero abasore n’abagabo Niba Hari ibyo mutari muzi ibyo icumi byabafasha kubaka urukundo kubo mukundo mugakundana babakunda banabafitiye ikizere.

Urukundo ntirusaba ibya mirenge bisaba kumenya uwo ukunda uko ataye NIbyo akunda

Related Articles

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button