Amakuru

“Ntabwo bizanjyanayo ahubwo azayanzanira I Kigali” Umwe mu bahanzi bakomeye hano mu Rwanda arishyuza Diamond platnmuz

 

Umuhanzii uyoboye injyana ya Afrobeat hano mu Rwanda Mico The Best yahagurukiye Diamond platnmuz umwe mu bakomeye ndetse bayoboye umuziki wa Tanzaniya, aba bari gupfa ideni.

Mico the Best yavuze ko atazigera ajya kwishyuza Diamond platnmuz muri Tanzaniya ahubwo ko azayamuzanira inaha mu Rwanda.

Ni ideni rimaze Igihe kuko Mico The Best avuga ko yari yayahaye Diamond platnmuz mu mushinga wo gukorana umuziki gusa amafaranga ntiyakoreshwa ibyo yaragenewe, bityo rero Mico abonako yarakwiye kuyasubizwa.

Mico The Best yavuze ko atakwemera guheba amafarang ye ngo kuko yari menshi yayakoresha indi mushinga.

Mico The Best aherutse gutandukana na kickers Music yamufashaga mu bikorwa rwe bye bye muzika, ni nyuma y’ubwumvikane bike bwabayeho Ku mande zombi, bahitamo gutandukana.

 

Related Articles

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button