Utuntu nutundi

Umwe mu bana bakoze impanuka bajya ku ishuri yapfuye

Amakuru y’urupfu rw’uyu mwana yamenyekanye mu masaha y’umugoroba yo kuri uyu wa mbere tariki 09 Mutarama 2023.

Iyi nkuru itangajwe mu gihe mu gitondo iyi modoka yakoze impanuka abana bagera kuri 25 bari bagiye ku ishuri, bayikomerekeyemo.

Ni impanuka kandi yatumye Perezida wa Repubulika Paul Kagame avuga ko yihanganishije ababyeyi bafite abana bakomerekeye muri  iyi mpanuka, ndetse abizeza kuzakomeza kubafasha no kubitaho.

Uyu mwana yaguye mu bitaro bya CHUK,Aho yari arembeye

Related Articles

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button