Iyobokamana
-
Umuja wa Nyagasani, indirimbo yasubiwemo n’abasore batatu b’abahanga mu muziki_VIDEO
Emmy Pro , Dieudonné Mure na Pacis NDAHIRO basubiyemo indirimbo ‘UMUJA WA NYAGASANI’ Yahimbwe na Padiri Dr Fabien HAGENIMANA. Emmy…
Read More » -
DRC: Imyiteguro yo kwakira Papa, irarimbanyije
Nyuma yaho Papa Francis atangaje ko agiye gusubukura urugendo yagombaga kugirira muri repulika ya Demokarasi ya Congo ku ya 2…
Read More » -
Papa Francis asobora kweguzwa
Abatsimbaraye ku matwara ya kiliziya bo muri Vatikani biravugwa ko baba barimo gutegura umugambi wo kotsa igitutu Papa Fransisko ku…
Read More » -
“Komeza intore zawe” indirimbo yongeye gusubirwamo n’ibyamamare bitandukanye
Bimaze kumenyerwa ko akenshi indirimbo zimaze igihe, zarahimbiwe Imana by’umwihariko iza Kiliziya Gatorika ubusanzwe zisubirwamo na kolari zitandukanye, ndetse akenshi…
Read More » -
Ku myaka 95, Papa Benedigito XVI yapfuye
Papa Benedigito wa 16 yitabye Imana. Nkuko Vatican news dukesha iyi nkuru yabitangaje, ngo uyu mukambwe w’imyaka 95 yapfuye mu…
Read More » -
Papa Benedigito wa 16 ararembye cyane
Nk’uko Ibiro Ntaramakuru Reuters bibitangaza, ngo kuri uyu wa Gtatu tariki 28 Ukuboza 2022, nibwo Papa Francis yasabye ko abantu…
Read More » -
Umupadiri wahamijwe ibyaha bya Jenoside yapfuye azize uburwayi
Uko hakomeje kugaragara impanuka zihitana ubuzima bwa benshi, ninako bamwe mu bihayimana muri uyu mwaka turi gusoza bagiye basoza urugendo…
Read More » -
Umugabo wiyitaga umuhanuzi yatawe muri yombi, nyuma yo kwishyingira abarimo umukobwa we
FBI yatangaje ko umugabo wiyitaga umuhanuzi bigatuma yishyingira abagore 20 barimo n’abataragera imyaka y’ubukure yamaze gutabwa muri yombi. Uyu mugabo…
Read More » -
Padiri wanditse babyeyi yita ababyeyi Bihemu, ashyize ukuri kose hanze
Mu cyumweru gishize nibwo abantu benshi babonye urwandiko rwandikiwe ababyeyi barerera Abana babo mu rwunge rw’amashuri rwitiriwe mutagatifu Paul Muko…
Read More » -
Gasabo: Hateguwe igiterane kigamije kurwanya uburaya n’inda zitateganyijwe
Umurenge wa Remera n’ Itorero rya ADEPR Remera bateguye igiterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge, uburaya, n’inda zitateganyijwe Itorero rya ADEPR Paroise…
Read More »