Politiki
-
Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati ya FARDC na M23
Imirwano ikomeye hagati y’ingabo za leta ya DRC na M23, yongeye kubura mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki…
Read More » -
Amerika igiye gufatira ibihano bikakaye abacanshuro ba Wagner
Leta zunze ubumwe za Amerika zatangaje ko zigiye gufata umutwe w’abacanshuro ba Wagner nk’ishyirahamwe z’inkozi z’ibibi ndengamupaka. Ibi byatangajwe n’umuvugizi…
Read More » -
General Muhoozi yagaragaje ko afitiye inzika y’igihe kirekire Abanya-Kenya
Muhoozi Kainerugaba uzwiho kuvuga icyo atekereza muruhame by’umwihariko abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze nka Twitter, yongeye kwibasira abanya Kenya ababwira…
Read More » -
Gen.Makenga wa M23 yavuze ikintu gikomeye ashimira ingabo zoherejwe bivugwa ko zigiye kubarwanya
Umugaba Mukuru w’umutwe wa M23, General Sultan Makenga yashimiye ingabo zo mu karere zoherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Read More » -
M23 yamaganye iby’ikinyoma nk’icya Semuhanuka
Umutwe wa M23 wamaganiye kure ibyo kubeshya icya Semuhanuka nkuko babishinjwaga na DRC, ivuga ko byose yabikoze kumugaragaro habona bagashyira…
Read More » -
“Ariko ubundi umutekano ni angahe koko?_Umusirikare wa FARDC wakubiswe
Umutwe wa M23 ukomeje kwamagana iyicarubozo n’ihohoterwa rikomeje gukorerwa abanyekongo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda, by’umwihariko abo mubwoko bw’abatutsi. Ni nyuma y’uko…
Read More » -
Ifoto y’umusirikare wa DRC ari kumwe n’uwa M23 iri kuvugisha abatari bake
Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, kuri uyu wa kabiri tariki 13 Ukuboza 2022, hiriwe hazenguruka ifoto y’umusirikare w’ingabo za DRC ahagararanye…
Read More » -
Uburusiya buvuga ko bwiteguye gukoresha intwaro kirimbuzi, mu gihe bwashotorwa
Nyuma y’igihe kirekire mu gihugu cya Ukraine hari intambara yashojwe n’uburusiya, Perezida Vladimir Putin yongeye kumvikana avuga ko yashobora kuba…
Read More » -
Impamvu nyamukuru yatumye M23 yemera kurambika intwaro
Umutwe w’ingabo za M23 bemeye kurambika intwaro bakarekeraho kurwana nyuma yaho inama yari yahuje ibihugu byo mu biyaga bigari hari…
Read More » -
Antony Blinken yavuze ko yasabye u Rwanda guhagarika inkunga rutera M23
Kimwe mu bibazo bihangayikishije ibihugu byinshi harimo n’umutekano wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, iho iki gihugu kimaze igihe cyarazahajwe…
Read More »